in

Amafoto ateye isoni ya Nyampinga w’ubukerarugendo amukozeho.

Miss tourism muri Zimbabwe , Chipo Mandiudz ufite ikamba rya Nyampinga w’ubukerarugendo muri Zimbabwe, yahamagariwe kwiyambura ikamba vuba na bwangu nyuma yaho bamushinje gushyira hanze amafoto amugaragaza asa n’uwiyambika ubusa bityo abategura irushanwa bakumva atakomeza kwambara ikamba ryubashwe kandi we atiyubaha.

Amakuru yatangajwe na iharare avuga ko Chipo Mandiudz wambaye ikamba rya Miss Tourism yagiye ku mbuga nkoranyambaga akora ikiganiro yambaye uko bidakwiye ibyatumye ahamagarirwa kwiyambura ikamba. Ubusanzwe kandi amakuru yari ahari ni uko uyu mukobwa yabonye ikamba mu buryo butungurabnye biteza impaka ku mbuga nkoranyambaga bavuga ko atarikwiye na gato.

Tasunga, umuvugizi wa Miss Chipo, avuga ko abategura amarushanwa ya Miss Tourism Zimbabwe bahatiye Chipo kwandika ibaruwa isezera akarambika ikamba hasi, gusa akavuga ko ari akarengane kuko nta myambaro iteye isoni uyu mukobwa yigeze yambara.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru ibabaje ku mukinnyi “Migi” wakiniye ikipe yigihugu Amavubi

Iki nicyo kiremwa cyonyine gishaje kurusha ibindi byose ku isi||umwihariko wacyo