in

Amafoto : Abafana ba Al-Hilal nyuma yo kubona uko Neymar asigaye angana bamusabye kureka umupira burundu

Nyuma yamezi ane atagaragara mu kibuga kubera imvune yo mw’ivi (injured knee ligament) bigaragarira buri wese ko ibiro bye byiyongereye cyane.

gusa hari aho Camera zimwerekana afite ibiro byinshi bikabije nanone ahandi ugasanga biratandukanye ntago afite ibiro byinshi bikabije uyu musore wa maze gusanga bagenzi be muri Saudi Arabia ngo bakorane imyitozo abafana bakimubona bamwe muribo bamusabye ko yasezera ruhago Burundu bite we ngo nuko babonaga abyibushye cyane.

uyu musore Neymar Jr yasinyishijwe mu bihe bimwe na Cristiano Ronaldo muri Al Nassr ariko iyo urebye umusaruro bose bamaze gutanga usanga Neymar Jr bitaramuhiriye gusa umuyobozi bwa Al Hilal buvuga ko biteguye kuzongera kubona Neymar Jr Ari kurwego rushimishije nkurwo yahozeho.

 

Amafoto ya Neymar Jr ari mu myitozo arwana no kugabanya ibiro

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Shampiyona y’u Rwanda: Rayon Sports yashimije abayihebeye, APR FC yananiwe kwikura i Bugesera naho Police FC ibyayo bikomeje kuba agaterera nzamba.

Gorilla FC iri kugana mu manga ninde uyitabara?