in

Gorilla FC iri kugana mu manga ninde uyitabara?

Ikipe ya Gorilla FC yirukanye umutoza Gatera Moussa n’abatoza babiri bamwungirije aribo Manirakiza Gervais n’uwongerera imbaraga abakinnyi, Kalisa François, nyuma yo gutsindwa imikino itanu yikurikiranya ya Shampiyona.

 

ikipe ya Gorilla FC yagowe cyane n’intangiriro za shampiyona y’u Rwanda yuyu mwaka yabonye itsinzi yambere tariki ya 22 Ukwakira 2023 itsinze Amagaju FC kimwe ku busa, umukino wabereye Huye.

 

iyi kipe imaze kwinjijwa ibitego 6 mu mikino 5 yinjiza 1, ikipe ya Gorilla FC ku mwanya wa 14 n’amanota 21, inganya na Etincelles FC na Bugesera FC. Zirusha kandi umunani Etoile de l’Est ya nyuma na 13 ndetse isa n’iyamaze gusubira mu cyiciro kabiri

Gatera Musa watozaga Gorilla FC 

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amafoto : Abafana ba Al-Hilal nyuma yo kubona uko Neymar asigaye angana bamusabye kureka umupira burundu

Kylian Mbape yamaze gusinyira ikipe nshya hagati ya Real Madrid na Arsenal FC