in

Alliah Cool yatangaje benshi nyuma yo gutangaza umukinnyi wa Rayon Sports yihebeye kurusha abandi

Umunyarwandakazi umaze kubaka izina mu myidagauro hano mu Rwanda, Alliah Cool yatangaje benshi nyuma yo kuvuga umukinnyi wa Rayon Sports yihebeye kurusha abandi bose.

Tariki 5 Kanama 2023, ikipe ya Rayon Sports ubwo yakoraga ikirori kiba ngaruka mwaka cyahawe izina ‘Umunsi w’Igikundiro’, abanyarwandakazi bagize itsinda rya Kigali Boss Babies bitaribiye iki kirori harimo na Alliah Cool.

Abakunzi ba Rayon Sports nyuma yo kubona aba bakobwa bamaze kwigarurira imitima y’abatari bacye baje kuri Sitade barabyishikiye cyane ndetse n’aba bakobwa berekana urukundo rudasanzwe bakunda ikipe ya Rayon Sports.

Alliah Cool uri mubagize itsinda rya Kigali Boss Babies, mu kiganiro yagiranye na Radio Rwanda yaje gutangaza ko mu ikipe ya Rayon Sports umukinnyi akunda cyane ni Youseff Rharb ndetse n’abakobwa bari kumwe bahuriye kuri uyu mukinnyi.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Muzamuryozwa! Platini P yatanze gasopo ku mwana we

Amaboko atareshya ntaramukanya Lorenzo wee! Umunyamakuru wa RBA Lorenzo abonye ikizungerezi Alliah Cool atangira kurabya indimi maze abantu bamubwiza ukuri koko -AMAFOTO