in

Alliah Cool benshi bakeka ko akunda ifaranga ku rwego rwo hejuru avuze icyo ashyira imbere mbere ya byose mu mwuga we wo gukina Sinema 

Alliah Cool benshi bakeka ko akunda ifaranga ku rwego rwo hejuru avuze icyo ashyira imbere mbere ya byose mu mwuga we wo gukina Sinema.

Alliah Cool Yabajijwe icyo ashyira imbere mu mwuga we wo gukina Cinema hakomozwa ku bijyanye n’amafaranga ava mu gukina filime kuko byagaragaye ko nawe ari mu batunze agatubutse bitewe n’ibikorwa yakoze harimo nko kubaka inzu ya 500M frw no kugura imodoka yo mu bwoko bwa Ranger lover.

Gusa asubiza ibi yavuze ko iyo ageze muri sinema aba atibanda ku mafaranga kurusha ibindi ahubwo yibanda mu kuba umushinga wagenda uko babiteguye avuga ko kandi iyo ibintu biteguwe neza nabyo bitanga umusaruro.

Ubu alliah Cool akaba ari hafi gushyira hanze filime yahuriwemo n’abakinnyi batandukanye bo mu bihugu bya Africa iyo Filime ikaba yitwa ‘Accidentalvacation’.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Ntukavuge umushahara wawe” Amabanga 5 ugomba kwirinda kubwira abandi niyo baba ari inshuti

Biteye agahinda: Umugabo yapfuye ubwo yarwanaga n’umugabo wamufatiye umwana ku ngufu