in

“Ntukavuge umushahara wawe” Amabanga 5 ugomba kwirinda kubwira abandi niyo baba ari inshuti

Mu buzima buri muntu agira amabanga menshi atandukanye, muri ayo mabanga harimo aba yoroshye bikaba ntanicyo byatwara uyavuze, ariko hari n’amabanga wavuga akagushyira mu kaga.

Ibi bikurikira nibimwe mubyo uzirinda kujya ubwira abandi. 

  1. Ahashize hawe: ntukavuge uburyo wabayeho mugihe cyarangiye. 
  2. Ibibazo byo mu muryanngo: ntukavuge ibibazo biri mu miryango y’iwanyu cyangwa umuryango wawe. 
  3. Umushahara wawe: ntukagire umuntu ubwira umushahara uhembwa kuko umuntu iyo azi ironko ryawe arakumenyera. 
  4. Umupango w’ahazaza: ntukabwire abantu icyo uteganya kuzakora mu minsi irimbere mu buzima bwawe. 
  5. Igikorwa kiza wakoreye mugenzi wawe : ntugatinyuke kuvuga igikorwa cy’urukundo wakoze kuko bituma batakubaha kandi bakunva ko uba wabikoreye “bambone”. 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ikipe ya nyuma ku rutonde rwa Premier League nayo yirukanye umutoza wayo 

Alliah Cool benshi bakeka ko akunda ifaranga ku rwego rwo hejuru avuze icyo ashyira imbere mbere ya byose mu mwuga we wo gukina Sinema