in

Akumiro: umukobwa ukora uburaya ari mu kaga nyuma yo gukata mugenzi we igitsina bapfa umukiriya

Indaya yo muri Nijeriya yatawe muri yombi na Polisi kubera gukekwaho gukoresha icyuma mu guca imyanya y’ibanga ya mugenzi we ubwo barwaniraga umukiriya .

Uyu ukekwaho icyaha  na we ngo yaba yarakoresheje icyuma kugira ngo akomeretsa mu maso no ku bibero by’uwahohotewe azira kumutwara umukiriya we.

Ihuriro ry’amakuru ryaho ryatangaje ko ukekwaho icyaha witwa Bella, yaburiye mugenzi we Ruth kwirinda umugabo utatangajwe amazina kuko uyu mugabo yari umukiriya we wa mbere. Hatangajwe kandi ko yamuteye ubwoba ko “azashushanya” mu maso he (Rusi) akoresheje icyuma naramuka atumviye umuburo we.

Icyakora, nyuma yuko Rusi ananiwe kumvira umuburo, Bella n’abandi bane bamusanze iruhande rw’umuhanda baramukubita hasi. Nyuma bafashe amaboko n’amaguru bituma Bella amukata mu maso no ku gitsina he.

Abantu bane bafashije Bella gukora icyo gikorwa ntibarafatwa na polisi kuva bahunga hafashwe uyu mukobwa gusa.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amafoto y’inkumi y’uburanga iri mu rukundo na B Threy

Breaking News: Umutoza mushya w’ikipe ikomeye mu Rwanda yaraye ageze i Kigali aje gutwara igikombe