in

Amafoto y’inkumi y’uburanga iri mu rukundo na B Threy

Hashize igihe gito umuraperi B Threy na Keza batangiye kugaragaza urukundo rwabo ku mbuga nkoranyambaga, gusa bivugwa ko aba bombi bashobora kuba bamaze igihe kitari gito bakundana mu buryo bwibanga.

Ku wa 27 Nyakanga 2022 ubwo B Threy yizihizaga isabukuru y’amavuko, Keza yamubwiye amagambo agaragaza urukundo bafitanye.

Yagize ati “Ndakwifuriza ubuzima bwuzuye umunezero n’ibyishimo, warakoze kuba uwo uri we kuri njye […] isabukuru nziza Rukundo rwanjye. Ndagukunda cyane.”

Ni amagambo yakiriwe neza n’uyu muraperi wagize ati “Nanjye ndagukunda.”

Ibi bikaba bigaragaza urukundo rwabo bakundana.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Miss Teta Sandra umugabo yari amwiciye mu muhanda (Amafoto)

Akumiro: umukobwa ukora uburaya ari mu kaga nyuma yo gukata mugenzi we igitsina bapfa umukiriya