in

Harimo n’iza Bruce Melody ! Dore indirimbo zaciwe burundu mu Burundi zitazongera gucurangwa

Nyuma yuko hari amagambo yamaze kuba nka virusi mu bantu kandi aganisha ku bishegu akaba akoreshwa cyane cyane mu rubyiruko, kandi bikaba byaragaragaye ko akomoka mu ndirimbo zitandukanye zirimo izabanyarwanda ndetse n’izabarundi, ubu mu Burundi batangiye urugendo rwo kuzica burundu.

Ubu mu gihugu cy’u Burundi hasohowe itangazo ribuza ama radiyo kuzongera gucuranga izi ndirimbo zirimo ibishegu.

Muri izo ndirimbo harimo nka Akinyuma ya Bruce Melody, Nyash, Nsayidira n’izindi nyinshi nkuko byumvikana mu majwi akurikira.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Byaribiteye ubwoba: Abanyeshuri basimbutse igorofa bakiza amagara yabo kubera inkogi y’umuriro(video)

Impundu ni zose: Umuhanzi ukunzwe mu Rwanda yaraye yibarutse umwana we wa gatatu