in

“Akinyuma kavuye benshi “Bruce Melody yongeye kwandikisha amateka kubera indirimbo ye

Nyuma y’igihe gito Bruce Melody akomeje kwerekana ko ari mu bahanzi bayoboye umuziki nyarwanda kubera uduhigo agenda ashyiraho.

Kuri uyu munsi nyuma y’uko asohoye indirimbo “Akinyuma”yavuzweho  byinshi n’abakunzi ba muziki byatumye ikomeza kurebwa ikaba yujuje views zirenze miriyoni mu gihe gito.

Indirimbo akinyuma imaze kurebwa n’abarenga miriyoni mu gihe cy’ibyumweru 2 ibintu bimaze gukorwa n’abakeya muri muzika nyarwanda.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu ibanga rikomeye: biravugwa ko umuhanzi K8 Kavuyo ari i Kigali

Adaciye ku ruhande Miss Uwicyeza Pamella avuze igihe ubukwe bwe na The Ben buzabera