in

Mu ibanga rikomeye: biravugwa ko umuhanzi K8 Kavuyo ari i Kigali

Umuhanzi K8 Kavuyo usanzwe wibera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri ubu biravugwa ko ashobora kuba ari mu Rwanda aho yaje kureba aho inzu ye igeze yubakwa.

Amakuru avuga uyu muraperi ari mu Rwanda aho yaje kureba aho inzu ari kubabaka i Kanombe igeze.Uyu muraperi uherutse guteguza indirimbo yakoranye na Afrique yise ‘Wane’, urugendo rwe rwagizwe ibanga rikomeye cyane kuko unarebye ku mbuga nkoranyambaga ze zose akoresha nta na hamwe agaragaza ko yaje mu Rwanda.

Gusa biravugwa ko K 8 Kavuyo akunze kugaragara yagiye gusura inzu y’agatangaza ari kubaka i Kanombe mu Mujyi wa Kigali.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Aho gukundana n’umusore uhora mu kazi narongorwa n’inzererezi” umukobwa yasekeje abantu

“Akinyuma kavuye benshi “Bruce Melody yongeye kwandikisha amateka kubera indirimbo ye