in

Ahorana amagambo y’ubwenge mu kanwa ke: Umuhanzi Tom Close yatangaje amagambo akomeye ndetse y’ingirakamaro ku buzima bw’umuntu

Umuhanzi akaba n’umuganga ukomeye cyane hano mu Rwanda Muyombo Thomas uzwi ku izina rya Tom Close yavuze ijambo rikomeye rishobora gufasha umuntu wese witakarije icyizere cy’ubuzima.

Tom Close wamamaye cyane mu myaka yahambere ubu akaba ahugiye cyane mu kazi kubuganga dore ko ari umwe muba dogiteri dufite bakomeye hano mu Rwanda gusa umuziki nawo ntago yawutereranye kuko acishamo agakora indirimbo nubwo atagishyira hanze indirimbo nyinshi nkuko byahoze.

Umuhanzi Tom Close abinyujije kuri Instagram yagize ati:” Igihe cyose utarareka kugerageza, biracyashoboka wicika intege” aya ni amagambo make gusa uramutse ugerageje kuyakurikiza yagufasha byinshi mu buzima bwawe.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Niyitegeka Gratien Seburikoko yavuze ikintu cyari cyaramwihishe mu cyaro abantu baratangara

Niyo waba ushonje! Ubushakashatsi bwagaragaje ibiryo utagomba kurya ni joro ugiye kuryama