in

Africa y’epfo igiye gushyira mu bikorwa ibyo bakopeye u Rwanda

Inteko Ishinga Amategeko ya Afurika y’Epfo yatoye itegeko rishyiraho ubwisungane mu kwivuza ku baturage bose busa nk’ubuzwi mu Rwanda bwa ‘Mutuelle de santé’.

Ni ubwisungane bwitezweho gufasha abaturage benshi kubona ubuvuzi badahenzwe.

RFI yatangaje ko 16% by’abaturage ba Afurika y’Epfo ari bo bari basanganywe ubwishingizi bw’ubuzima bahabwa n’ibigo byigenga.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Hari abagabo babyara nk’inzoka, ubwose uri umugabo udapfiriye umwana wawe wapfira iki” Mutesi Scovia mu magambo akakaye yagereranyije abagabo bihakana abana babo n’inzoka(Videwo)

Rubavu: Umwe muri za nsoresore ziyise abuzukuru ba shitani hari ibyamubayeho biha isomo abandi bakoranaga ubugizi bwa nabi