in

“Hari abagabo babyara nk’inzoka, ubwose uri umugabo udapfiriye umwana wawe wapfira iki” Mutesi Scovia mu magambo akakaye yagereranyije abagabo bihakana abana babo n’inzoka(Videwo)

“Hari abagabo babyara nk’inzoka, ubwose uri umugabo udapfiriye umwana wawe wapfira iki” Mutesi Scovia mu magambo akakaye yagereranyije abagabo bihakana abana babo n’inzoka(Videwo)

Mutesi Scovia udasiba gukora ubuvugizi butandukanye ku bintu bitagenda neza kuri iyi nshuro abinyujije mu kiganiro cye cyitwa ingingo y’umunsi gitambuka kuri shene ye ya Youtube yifatiye ku gahanga abagabo babyabara abana bakabihakana aho yabagereranyije n’inzoka kuko ari yo nyamanswa ibyara nti yongere kumenya icyo yabyaye aho kiri cyangwa uko kibayeho.

Mu magambo akakaye Yavuze ko ubundi umugabo nyawe yagakwiye gupfira urubyaro rwe ndetse akarwitangira gusa we ababazwa n’uburyo hari abasore cyangwa abagabo bihakana abana babo nyamara bazi ibyo bakoze.

Gusa benshi mu basore bihakana bamwe mu bana babo bavuga bavuga ko atari bo baryamanye gusa, kandi byemezwa ko mu gihe nta bipimo bya gihanga byafashwe ntaho ukwiye guhera wihakana amaraso yawe.

Reba video hasi..

 

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Rwatubyaye muri abagabo” Hadji Mudaheranwa yageneye ubutumwa abasore b’Amavubi abereka ukuntu u Rwanda rwasubira mu gikombe cy’ Africa – VIDEWO

Africa y’epfo igiye gushyira mu bikorwa ibyo bakopeye u Rwanda