in

Adili Erradi Mohammad yongeye guterana amagambo n’umukinnyi

Umugabo w’umunya Morocco adili Erradi Mohammad wahoze atoza Apr FC yongeye kugaruka mu binyamakuru asubizanya aterana amagambo nabahoze ari abakinnyi b’ikipe ya APR FC.

Ibi byaje ubwo uwahoze ari umunyezamu was Apr FC Rwabugiri umar yatangarije kumwe mu bitangazamakuru amagambo agira ati: “ Adili navugako ari umutoza mwiza ariko agira ubwoba”.

Adili nawe utajya uripfana yamusubije agira ati :“ umupira w’amaguru n’umwuga ugira ururimi rumwe ni uko witwara ndetse n’umusaruro si vuga vuga. Ukwiye gusubiriza mu kibuga by’umwihariko nyuma yo kuva muri APR FC. Ndizera ko uzajya mu ikipe ikomeye nizere ko utibagiwe ibyo twagukoreye ntagiye kurondora”.

Kugeza Ubu Adili yamaze kurega Apr FC kubwo kuba yaramusezereye mu buryo budakurikije amategrko, hakaba hategerejwe imyanzuro ya fifa.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Urutonde rw’abahanzi 10 bakize muri East Africa nta munyarwanda ugaragara muri 50 bari ku rutonde

Criss Eazy na Jonior Giti bari mu mazi abira; aba bombi bagomba kwitaba RIB