in

Adil atashye, yavuze ijambo rikomeye ryishimiwe n’abarayon abafana ba APR FC bahekenya amenyo

Yageze ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali i Kanombe ahagana saa Tanu z’ijoro ryo ku Cyumweru, tariki ya 23 Ukwakira 2022, ari kumwe n’umugore we ndetse n’umwana wabo.

Mu kiganiro kigufi yabwiye IGIHE dukesha iyi nkuru ko yubaha umuryango wa APR FC ariko atishimiye icyemezo yafatiwe cyo guhagarikwa. Yavuze ko kuri ubu agiye kwitabaza inzira y’amategeko kugira ngo ikibazo cye gikemuke.

Erradi Adil yavuze ko yagerageje gukora cyane ashyira ku rwego rwiza abakinnyi batari ibitangaza abagira ibitangaza agahangana n’amakipe akomeye cyane harimo Rayon Sports yavuze ko ariyo aha amahirwe yo gutwara igikombe cya Shampiyona ndetse hakazamo amakipe nka AS Kigali ndetse na Kiyovu sports.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Impaka ni zose hagati y’inzu ya Alliah Cool ndetse n’inzu ya Kate Bashabe(ifoto)

Nyamirambo:ni amarira n’agahinda kubera umusore wishwe n’inzoga