in

Abima umusubirizo: Jolie usasa muri Hoteli i Nyarugenge akomeje kwima abagabo bifuza kuryamana na we ku buriri aba yabasasiye

Mvukiye Jolie amaze imyaka irenga icumi akora muri serivisi zo kwakira abantu, aho yakoze muri hoteli zitandukanye zaba izo mu Rwanda no hanze cyane muri Afurika y’Epfo.

Kuri ubu akora muri imwe yo mu Mujyi wa Kigali, aho ashinzwe ibijyanye n’amasuku by’umwihariko gutunganya ibyumba ndetse no kureba ko ababicumbitsemo bahawe serivisi inoze.

Avuga ko iyo ukora mu byumba bya hoteli uhura n’abagabo bashaka ko muryamana gusa ko iyo urangwa n’ubunyamwuga udashobora kugwa muri uwo mutego.

Mu kiganiro yagiranye na Kura, yasobanuye uburyo yabashije kugendera kure ibyo bishuko.

Avuga ko ubunyamwuga bwe butuma agendera kure abo bagabo.

Gusa agaragaza ko hari abahabwa $100 cyangwa $200 bagahita bemera ibyo bishuko ariko we yarabyanze.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Prince Kid afite inshingano yo kwijyana i Mageragere gufungwa” Nyuma y’uko Prince Kid akatiwe imyaka 5 muri gereza ntahite amanurwa, umunyamategeko Mourice yamusabye gukora inshingano ze kuko nta ngingo ihari yamukuraho ibyo yahamijwe n’urukiko

RIP: Umukinnyi wa filime wamenyekanye muri Black Panther na filime nyinshi za Avenger yitabye Imana icyarimwe n’abana be batatu