in

Abayobozi basomanaga no ku nkweto! Dore udushya twabaye kuri Rayon Sport day y’umwaka washize – Amafoto

Kuri Rayon Sport day y’umwaka washinze yaranzwe n’udushya twinshi cyane dutandukanye, ndetse utwo dushya turi mubyatumye umunsi wa Rayon Sport w’icyo gihe uryoha.

Agashya kambere Kabaye ni Kajugujugu yazwanywe, iyi Kajugujugu yazengurutse umujyi wose ndetse bari biteze ko harimo umukinnyi ugiye ku manuka.

Agashya ka kabiri, bamwe mu bayobozi bagaragaye basomana ku nkweto.

 

Abavanzi b’umuziki n’abahanzi batandukanye ntibari bahacitswe.

Igishimishije cyane nuko uriya munsi ariwo munsi Rayon Sport yinjirijeho amafaranga menshi kuruta indi minsi.

Uretse kuba abafana baruzuye stade, sibo gusa kuko n’abandi banyarwanda badafana Rayon Sport bari baje kwihera ijisho.

Agashya gatangaje  ni uko umukinnyi abafana bari bijejwe ko azira muri Kajugujugu, bamutegereje amaso agahera mu kirere.

Ikindi gitangaje ni uko kuri uwo munsi wa Rayon Sport utabaye uwa Rayon neza ahubwo wabaye uwa Vipers Fc kuko yatsinze Rayon ititaye ko yatumiwe nk’umushyitsi.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

‘Yongera ububobere ku bagore, ari mu bituma ugira uruhu rwiza, akurinda kurwara umutwe wa hato na hato n’ibindi byinshi…’ turebere hamwe ibyiza byo kunywa amazi n’ibipimo wayanywa ho

Rayon Sports ibintu ibishyize ku rundi rwego: Murera itangaje ibintu bizagaragara mu birori byo ku munsi w’Igikundiro bishobora gutuma abadakunda ruhago aribo bazaba biganje muri sitade