in

Abasore yigisha ntanumwe usiba ishuri! Menya byinshi kuri mwarimu Menziwa ukurura abatari bake kubera imyambarire n’ubwiza bwe bihebuje – AMAFOTO

Lulu Menziwa ni umwarimu ukurura abagabo batari bake kubera imiterere ye akaba akomoka KwaZulu-Natal muri Afrika y’Epfo.

Menziwa yigisha isomo ry’imibare mu ishuri ryisumbuye riherereye mu giturage atuyemo. Yabaye icyamamare ku mbuga nkoranyambaga kubera amafoto n’amashusho asangiza abamukurikira, aho akunda kugaragara ari imbere y’abanyeshuri yambaye imyambaro igaragaza imiterere ye ikurura abatari bake.

Gusa hari bamwe mu babyeyi banenga imyambarire ye bamushinja ko abahungu yigisha barangarira imiterere ye aho gukurikira amasomo.

Lulu Menziwa avuga ku bamunenga, yagize ati: “Ntabwo nigisha umwana wawe. Nyamuneka rero, rekera aho. Wibagiwe ikintu kimwe, Ntabwo nigisha abana imyaka yawe. Abana banjye ntabwo bafite ibitekerezo bigoramye mufite.

Nzi ko nzwi, abantu bose baranzi, ndi ku mbuga nkoranyambaga, kandi amaradiyo yose arabimbwira.”

Reba amafoto aho hasi…

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Neuge
Neuge
1 year ago

Ko mbona ari kibi? Usibye ubwiza buhebuje buke bwo arabufite?

Kicukiro:Umusore yateye umukobwa icyuma munda 

Niba ukoresha amasafuriya, ibiyiko n’ibindi bikoresho bikoze muri aluminium, dore ingaruka mbi ku buzima bwawe zigutegereje