in

Abantu b’ibyamamare batandukanye mu Rwanda bihanganishije amavubi nyuma yo gutsindwa na Guinea

Ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru nibwo ikipe y’igihugu Amavubi yatsindwe n’ikipe ya Guinea igitego 1-0 muri 1/4 mu mikino ya CHAN 2020.Abanyarwanda bose bari biteze ko Amavubi aza gukora amateka agakatisha itike yerekeza muri 1/2 k’irangiza gusa siko byaje kugenda kuko yatsindwena Guinea mu buryo bwatunguranye kandi bukababaza Abanyarwanda batari bake.Nyuma y’uyu mukino bamwe mu bantu b’ibyamamare hano mu Rwanda babinyujije ku mbuga nkoranyambaga zabo bagaragaje akababaro batewe n’uku gutsindwa gusa banagaragaza amagambo yo kwihanganisha iyi kipe bavuga ko ubutaha bizagenda neza ndetse bashima cyane Amavubi kubw’akazi katoroshye yakoze kuva yagera muri Cameroun.Muri bo twavuga ShaddyBoo, Niyitegeka Gratien,Ndimbati na David Bayingana.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukunzi wa DJ Ira yamaze kumusimbuza undi mukobwa w’uburanga (AMAFOTO)

Diamond Platnumz yibasiye Harmonize amwita indyarya,anavuga impamvu atajya aterana amagambo na we.