in

Abakuru gusa: Imoko igira uwuhe mumaro mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina ku bashakanye

Imoko ni kimwe mu gice cy’umudamu cyangwa umukobwa kiba ku mabere yabo, ni cyo umwana akoresha ari gukurura amashereka ya nyina.

Ni kenshi abagabo cyangwa abasore bakunze gukora kuri icyo gice mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina, gusa si byiza.

Iki gice ntabwo cyagenewe imibonano mpuzabitsina, ntabwo uba ugomba kugukoresha mu gihe muri mu mabanga y’abakuru.

Burya si byiza gukora ku moko y’umukobwa cyangwa umugore mu gihe muri gukora imibonano mpuzabitsina.

Abahanga bavuga ko umugore atanezezwa n’umuntu umukorakora imoko kuko ngo bishobora gutera ubwonko bwe kwibwira ko agiye konsa.

Si ibyo gusa, kuko bushobora no kumubwira ko ari kwikinisha, ndetse abo bahanga, banavuga ko bishobora kumutera uburibwe ku rugero umuntu bari kumwe mu gikorwa cy’imibonano mpuzabitsina adashobora kwiyumvisha.

Izi nama zireba abashakanye, Rubyiruko mwirinde ingeso z’ubusambanyi kuko bishobora kukugiraho ingaruka mbi bikakwicira ejo hazaza.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Biratangaje muri Uganda abakozi ba banki nkuru barashijwa ku gabanya imyaka

Abantu b’intwari baracyariho! Reba videwo y’abaturage bemeye gushyira ubuzima bwabo mu kaga maze batabara bagenzi babo bari bagwiriwe n’ikirombe