in

Abakunzi be bashonje bahishiwe: Umuhanzi Davis D agiye gukorana indirimbo n’ibyamamare muri muzika nyarwanda

Umuhanzi ukomeye cyane hano mu Rwanda Davis D ukunze kwiyita umwami w’abana agiye gushyira hanze indirimbo nshya ari kumwe n’ibyamamare muri muzika nyarwanda.

Davis D uzwiho kugira udushya twinshi mu Rwanda yamaze gutangaza ko agiye gushyira hanze indirimbo nshya yise “Bermuda” yakoranye n’abaraperi bakomeye cyane hano mu Rwanda aribo Bull Dog ndetse na Bushali uri kubarizwa ku mugabane w’i Burayi muri iyi minsi.

Uyu muhanzi kandi yatangaje ko igihe k’inkundo cyamaze kurangira ubu hagezweho igihe cyabo ibi yabitangaje ubwo yateguzaga iyi ndirimbo.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamakuru w’imikino Sam Karenzi bwa mbere avuze ikintu yakoze gikomeye ku mupira kigatuma yirukanwa kuri Radio 10

Iri n’ishyano pe!: Umugore yahitanye umugabo we amuziza inote ya 500 Frw