in

Abakunda inyama zibamereye nabi! Inyama zishe umugabo abandi 365 bararembye mu buryo bukomeye

Mu gihugu cya Kenya umusaza yapfiriye mu bitaro abandi 365 bararembye cyane kubera kurya inyama zifite indwara ya Atarax.

Uyu musaza wapfuye yatangiye kugaragaza iyi ndwara ya Atarax, nyuma yo gufasha abaturanyi kubaga Inka yari indwaye iyo ndwara. Inzego z’ubuzima zatangaje ko abantu bagera ku 1000 bariye kuri iyo nka kuko zaguzwe n’imuryango igera kuri 200.

Abariye kuri izo nyama zari zirwaye, babarizwa mu mudugudu wa Gatumbi, aho baziriye mu mpera z’icyumweru gishize, Raporo y’inzego z’ubuzima muri ako gace ivuga ko Patrick Nduwiga Jack yapfuye ku cyumweru tariki ya 19 Weruwe 2023, nyuma y’umunsi umwe gusa ajyanwe kwa muganganga agaragaza ibimenyetso by’iyi ndwara ya Atarax.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Menya ibintu bitanu ugomba gukora kugira ngo ubeho wishimye

Myugariro w’ikipe ikomeye mu Rwanda yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we (AMAFOTO)