in

Abakobwa bagiriwe inama isumba izindi n’inkumi y’uburanga

Inkumi y’uburanga Chrissy Matts usanzwe wituriye muri Afrika y’Epfo yagiriye inama abakobwa ku cyo bakwiye gukora igihe abakunzi babo banze kubasohokana ngo bajye gusangira .

Yifashishije urubuga rwa twitter Chrissy Matts yagize ati:” Kwemerera undi musore ko agusohokana mu gihe umukunzi wawe atabikoze ni byiza cyane rwose”

Uyu mukobwa ahamya ko ngo kuba umuhungu mukundana atagusabye ko musohokana ngo mujye gusangira bijyana no kuba adashima .

Chrissy Matts yumva kwemerera undi musore ko agusohokana igihe umukunzi wawe atabikoze ntakibazo kibirimo
Chrissy Matts yumva kwemerera undi musore ko agusohokana igihe umukunzi wawe atabikoze ntakibazo kibirimo

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Iyo ari mu kibuga aba undi wundi! Amafoto ya Salima Mukansanga akenyeye umushanana yaciye ibintu i Nyarugenge

Sobanukirwa byinshi ku kibazo cyo gusohora amaraso n’ikibitera