in

Abafana ntibakirya ngo baryame kubera Charly na Nina.

Abafana ba Charly na Nina bakomeje kubashyira ku gitutu babasaba kongera gukorana nyuma y’igihe batagaragara mu muziki.

Charlotte Rulinda uzwi nka Charly mu itsinda rya Charly na Nina akomeje gusabwa ko itsinda ryakongera gusubirana.

Abakunzi b’iri tsinda babo babinyujije ku ifoto Charly yashyize ku rukuta rwe rwa Instagram bagize bati “Twarabakumbuye turababura” undi ati “Mwazongeye mukaririmba kweli” n’ibindi bitekerezo byerekana agahinda ko kuba iri tsinda ritagikorana nkuko byahoze nyamara bataranatangaje ko batandukanye ngo buri umwe akore ukwe.

Kuba bataratandukanye bigaragarira amaso kandi ntibanaririmbe nibyo bituma amaso y’abakunzi babo ahera mu kirere bagahora bavuga bati mwazongeye gukorana koko?.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amashusho y’umugabo witabye Imana agashyinguranwa inzoga akomeje guca ibintu .

Bugesera: uwari umukobwa mwiza basigaye bamwita Zombie kubera isura ye(Video)