in

NdabikunzeNdabikunze NDASETSENDASETSE

Abafana ba Sam Karenzi biteye mu bicu bumvise ko bagiye kumwumva kuri radio nshya.

Umunyamakuru w’imikino ukunzwe mu gihugu, Sam Karenzi uherutse gusezera kuri Radio 10 yari abereye umuyobozi yashimishije abafana be ubwo yabararikiraga ikiganiro gishya kuri radio agiye gukoraho ya Fine FM.

Sam Karenzi ni umwe mu banyamakuru b’imikino bakomeye mu Rwanda, benshi banyurwa n’ubusesenguzi bwe ahanini kubera kudaca ibintu k’uruhande.Kuri ubu agiye gutangira ikiganiro gishya kuri uyu wa mbere nk’uko yabitangaje kuri Twitter.

Sam Karenzi yagize ati:”Aho infura zisezeraniye niho zihurira!
Radio: #FineFM
Umurongo: 93.1
Youtube: #FineTVRwanda
Itariki: 4/10/2021
Isaha: 10h-13h
Tubafitiye #Ubwino bwinshi.
#Nimudufashe guhitamo #Operation twaheraho kuko twabuze amahitamo. “

Abafana be bshise bishima cyane batangira kumwereka ko bamushyigikiye.

 

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Impamvu ikomeye itera impumuro mbi mu kanwa.

Amakuru yihutirwa aturutse muri REB areba abarimu basabye akazi mu burezi.