in

Abafana ba Manchester United biruhukije nyuma yo kumenya ibya Maguire ukomeje kubabera icyago

Abakunzi n’abafana ba Manchester United burukije nyuma yo kumenya ko Kapiteni w’ikipe yabo, Harry Maguire yujuje amakarita atamwemera gukina umukino wa ½ muri FA CUP.

Uyu munsi kuri sitade Wembley saa Kumi n’imwe n’igice , Manchester United iratana mu mitwe na Brighton and Hove Albion , mu mukino werekeza ku mukino wa nyuma wa FA CUP.

Manchester United iribukine ibura abakinnyi batandukanye ariko icyanejeje abafana ba Manchester United, n’uko Harry Maguire umaze igihe abatsindisha atari bukine. Bishoboka ko mu mutimwa w’ubwugarizi Victor Lendrof afatanya na Luke Shaw.

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mbega ikibazo we: Clapton Kibonke yabajije ikibazo gisekeje Bruce Melodie kijyanye n’ibiryo byo muri Nigeria

Ifoto ya kera ya Anita Pendo ateruye iparato yuzuye amandazi n’igikoma ikomeje gutungurana