in ,

Ababyeyi bari kurya imitungo y’abana bakayimara bitwaje itegeko

 

Hashize igihe hatangajwe ko guha umwana umunani bitakiri itegeko ahubwo ko umunani w’umwana ari ishuri. 

Bamwe mubabyeyi bavugako ibi ataribyo kuko birigutuma ababyeyi benshi barya imitungo yose bakayimara bigatuma abana bakura babayeho nabi ndetse bakazanabaho nabi ahazaza habo.

Ndetse n’abamwe mu bana niko babibona, nabo bavugako iyo umwana yahabwaga umunani byamufasha cyane,  kuko byatumaga abona icyo azaheraho yubaka ubuzima.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Meddy yacecekesheje abavuga ko akubitwa ashyira hanze indirimbo nshya

“Warasetsaga” Ubutumwa buteye agahinda utabonye bw’ababyeyi n’abanyeshuri biganaga na Ken Mugabo witabye Imana