in

Zakayo w’imyaka 63 yasobanuye impamvu yashatse abagore 8 n’inshoroke 7 (AMAFOTO)

Umugabo w’imyaka 63 witwa David Zakayo Kalukhana, w’umunyaKenya  ufite abagore 8 ,inshoreke 7 n’abana 107 yasobanuye impamvu yamuteye gushaka abo bagore bose akarenzaho n’inshoreke.

Zakayo ngo yashatse umugore wa mbere mu mwaka w’1987 ngo ariko aza gusanga ubwenge afite butamwemerera gutunga umugore 1 ahitamo gushaka abandi bagore.

David Zakayo avuga ko afite umurima munini ahingamo ibigori n’ibisheke ku buryo abasha gutunga umuryango we wose , kuko mu rugo rwe ahashyira udufuka 5 twa kawunga buri kwezi .

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Aya mafaranga nadateza ikibazo ashobora kuzatuma umupira wacu uba mpuzamahanga! FIFA yakoze agashya yemerera umurengera w’amafaranga umupira w’u Rwanda benshi barumirwa

Aho yaciye ntihaca urwango! Zari na Diamond bagaragaye bari kubyinana ingwatira – VIDIO