in

Yoo basubiye kwiga disi, Abana benshi bakuwe mu byabo n’ibiza bafashijwe bahabwa ibikoresho basubira mu mashuri

Yoo basubiye kwiga disi, Abana benshi bakuwe mu byabo n’ibiza bafashijwe bahabwa ibikoresho basubira mu mashuri

Abana 539 b’abanyeshuri baturuka mu miryango icumbikiwe kuri Site ya Gihira yegeranye na College Inyemeramihigo, bongeye gusubira kwiga tariki ya 9 Gicurasi 2023, aho bigira mu rwunge rw’amashuri rwa Shwemu 1 n’iya 2, nk’ibigo byegereye inkambi bacumbitsemo.

Akarere ka Rubavu katangaje ko abanyeshuri 68 bazakomeza mu kiciro cy’amashuri yisumbuye, abanyeshuri 465 barakomeza kwiga mu mashuri abanza, naho 6 bashyirwa mu mashuri y’incuke.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rubuze gica: APR FC inaniwe kwisobanura na Kiyovu Sports ibintu biguma rudubi

Ibi nibyo bitegereje abashaka kuzuza ibifu byabo binyuze mu nzira mbi, Abakozi 2 ba REG batawe muri yombi nyuma y’amafara ya Ruswa bakiriye