in

Yikundira ikibuno cye! N’ubwo aheruka gutangaza ko yicuza umwanya yamaze yiruka mu bagore, Harmonize yatangaje umuhanzikazi yimariyemo -AMAFOTO

N’ubwo aheruka gutangaza ko yicuza umwanya yamaze yiruka mu bagore, Harmonize yatangaje ko yimariyemo umuhanzikazi Winnie Nwagi wo muri Uganda nyuma y’igihe gito bivugwa ko yaba ari mu rukundo na Laika.

Ubwo yarimo ataramira Bell Obafest ku cyumweru, Harmonize yatunguranye avuga ko burya n’ubwo aba ari Tanzania bwose ariko yimariyemo umuhanzikazi Winnie Nwagi.

Icyo gihe Harmonize yagize ati “Umbajije umuntu twashyingiranwa hano muri Uganda navuga Winnie Nwagi.” Nyuma yahise akomeza avuga ko akunda imiterere (ikibuno) cya Winnie Nwagi dore ko n’ubusanzwe bizwi ko Harmonize akunda abakobwa b’imiterere y’ikibuno kinini.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uramenye wamugabo we! Niba umugore wawe atwite ntuzigire umukorera ibi bintu 6 cyangwa ngo utume abikora – mugore nawe umviraho

Aaron Ramsdale umuzamu w’Arsenal yagarutse mu myitozo nyuma yo kutagaragara ku mukino wa Chelsea