in

Yayaryaga nk’uzapfa ejo, Umusore wiyise Zainabu kugira ngo arye ifaranga ry’abagabo ibye byajemo kidobya

Yayaryaga nk’uzapfa ejo, Umusore wiyise Zainabu kugira ngo arye ifaranga ry’abagabo ibye byajemo kidobya

Uwo musore wiyitaga Zainabu ufite imyaka 25 utuye ahitwa Kamwokya, yatawe muri yombi na Polisi yo gihugu cya Uganda akekwaho kwihindura umukobwa agakorera uburiganya abagabo bamuteretaga kugira ngo basambane ariko bamara kumwishyura agacika.

Uwo musore yafashwe yambaye nk’inkumi yambaye nk’abagore ndetse yikwije nk’abasiramukazi mu mwambara bakunda kwita Hijab. Uwo muhungu yatawe muri yombi bitewe n’abagabo yabeshye ko ari umukobwa .

Muchunguzi bita Zainabo, yahakanye kubeshya abagabo agamije kubatekera umutwe kugira ngo abariganye amafaranga.

Nyuma yo kuvumburwa n’abo yarekeye umutwe uyu musore wiyise zainabu yahise atabwa muri yombi.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Ese uyu we yaje guhinduka ate?” Ifoto ya Yolo The Queen yo mu mwaka wa 2016 yateje impagarara kuri Twitter

Kamonyi: Pasiteri yatezwe agatego maze afatirwa mu cyuho arimo yiha akabyizi ku mugore w’undi mugabo