in

Yananiwe kwiyahura kandi ashaka urupfu

Ntaho bikunze kubaho ko ubu buzima bwiza umuntu ashaka kubwiyaka ariko umukecuru w’imyaka 106 witwa Kanyembe yatangaje ko ashaka kwiyahura ndetse avuga ko abona urupfu rwaramwibagiwe.

Nyuma y’uko yari asigaranye umuhungu we Fidel w’imyaka 74, yagerageje kwiyahura ariko umuhungu we akajya amutabara atari yiyahura akamubuza kwiyahura.

Uyu mukecuru mu magambo ye, yumvikanye arimo avuga ko urupfu rwamwibagiwe ndetse ko rutamushaka kandi we arushaka kubera imyaka amaze.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

« Uri mwiza, uracyafite ikamba… » – Ifoto igaragaza ibibero bya Miss Mutesi Jolly yavuzweho byinshi

Umusore yarumwe n’inzoka ku kibuno ari mu bwiherero kubera ikosa yakoze