in

“Yamuteruye bidasanzwe”-Umuhanzikazi marina yeretse urukundo rudasanzwe Bad Rama

Umuhanzikazi Marina ubarizwa mu label ya The mane yongeye kwereka urukundo Bad Rama uhagarariye inyungu za The mane.

Nyuma y’igihe kinini Bad Rama yibera mu gihugu cy’amerika aho yakomereje ibikorwa bye byo gufasha abahanzi nyarwanda.

Ku mugoroba wo kuwa kane nibwo Bad Rama yasesekaye mu Rwanda aho yakiriwe n’abakobwa n’ikimero gusa yerekanye ko yarakumbuye Marina bidasanzwe.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

”Ukwibyara gutera ababyeyi ineza’ Riderman yazamuye amarangamutima ya benshi nyuma yo kugaragaye akina n’abana be b’impanga(video)

Umusore yataye ubwenge nyuma yo kuryamana n’aba slay queen babiri icyarimwe ashaka kubemeza