in

Umusore yataye ubwenge nyuma yo kuryamana n’aba slay queen babiri icyarimwe ashaka kubemeza

Abakobwa b’aba slay queen bo muri Nigeria bagaragaye muri videwo yasakaye ku mbuga nkoranyambaga bigamba uburyo batsinze umusore washakaga kubemeza, birangira aguye igihumure ndetse ata ubwenge nyuma yo kubikubaho inshuro ebyiri yikurikiranya.

Nk’uko aba badamu babitangaza ngo umwaka ushize babuze abagabo baryamana nabo kenshi bityo ngo biyemeje kwirekura muri uyu mwaka kugirango bakureho igihombo bagize.Nkuko babigaragaje, ngo amafaranga ntakiri impungenge zabo kuko icyo bashaka ubu ni umusore wubatse umubiri. Gusa bavuze inkuru y’umusore uherutse kubiyemeraho ababwira ko ashobora kuryamana nabo ariko byaje kurangira ahuye n’akaga ,ubwo intege zamushiranaga maze agata ubwenge.Gusa uyu musore ngo yaje kujyanwa kwa muganga igitaraganya ndetse aguruka i buntu.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Yamuteruye bidasanzwe”-Umuhanzikazi marina yeretse urukundo rudasanzwe Bad Rama

Niba ugira impumuro mbi mu kanwa ,tangira wihate aya mafunguro