in ,

”Ukwibyara gutera ababyeyi ineza’ Riderman yazamuye amarangamutima ya benshi nyuma yo kugaragaye akina n’abana be b’impanga(video)

Umuhanzi Nyarwanda Riderman yagaragaye mu mashusho akina n’abana be b’impanga maze abantu bamugaragaraiza amarangamutima cyane.

Mu mashusho uyu muhanzi w’umuraperi yashyize kuri instagram yaragaye yishimiye gukina n’aba bana be ,maze abmwe mu bafana be bamubwira ko ukwibyara gutera babyeyi ineza , abandi bagaragaza ko bakunze abana be.

Umuraperi Riderman n’umufasha Agasaro Nadia bakaba baribarutse aba bana mu ijoro ryo kuwa 13 Kamena 2021, abana b’impanga, baje ari ubuheta nyuma y’uko bari basanzwe bafite umwana w’umuhungu wavutse muri 2015.

https://www.instagram.com/reel/ClqHKwUIq4D/?utm_source=ig_web_copy_link

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuyobozi w’ikipe ikomeye hano mu Rwanda yitabye Imana

“Yamuteruye bidasanzwe”-Umuhanzikazi marina yeretse urukundo rudasanzwe Bad Rama