in

Yamuriye iminwa biratinda! Ihere ijisho ikimero n’ubwiza bwa Fantana waciye igikuba muri Tanzania nyuma yo gusomana na Diamond Platinumz – AMAFOTO

Umukobwa witwa Francine Koffie wamamaye nka Fantana mu muziki wo muri Ghana ari kugarukwaho cyane mu bitangazamakuru byo muri Tanzania nyuma y’isohoka ry’igice cya kabiri cya “Young African and Famous”; filime ivuga ku buzima bw’ibyamamare bitandukanye muri Afurika yagaragayemo asomana na Diamond Platinumz umunwa ku wundi.

Muri iyi filime aba bombi barasomanye biratinda, kugeza ubwo Diamond yavuze ko mu gihe yasomanaga n’uyu mukobwa y’umvaga wagira ngo ari kumurya iminwa.

Nyuma yo kunyurwa n’ukuntu uyu Fantana yamusomye, Diamond Platinumz yamubwiye ko adakundana na Zuchu ndetse ko Zari Hassan babyaranye agitekereza uyu muhanzi umaze kuba icyamamare muri Africa.

Byatumye Zari na Zuchu bombi bagaragaza akababaro batewe n’ayo magambo Diamond yabwiye Fantana.

Reba aho hasi amafoto y’umuhanzikazi Fantana wo muri Ghana wagaragaye asomana na Diamond Platinumz:

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umva ko bavuga irusha ubwiza iyo bakinana: Ikipe ya Manchester United yamurikiye abakunzi bayo imyambaro mishya yakataraboneka bagiye kujya bambara (Amafoto)

Ibi byo noneho ntaho arabicikira: Umuhanzi Chriss Brown ari gushakishwa uruhindu n’igihugu cy’Ubwongereza kubera icyaha gikomeye yahakoreye