in

Ibi byo noneho ntaho arabicikira: Umuhanzi Chriss Brown ari gushakishwa uruhindu n’igihugu cy’Ubwongereza kubera icyaha gikomeye yahakoreye

Umuhanzi ukomeye cyane ku Isi Christopher Maurice Brown wamamaye cyane ku izina rya Chris Brown ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ari gushakishwa uruhindu n’igihugu cy’Ubwongereza nyuma y’icyaha gikomeye yahakoreye.

Umuhanzi Chris Brown ashobora gutabwa muri yombi igihe cyose yaba asubiye mu Bwongereza kubera urugomo yahakoreye ubwo yari muri iki gihugu wakibaza ati byagenze gute Chris Brown yakubise i cupa umugabo uvanga imiziki ubwo yari mu kabyiniro mu mujyi wa London.

Uyu mugabo wakubiswe na Chris Brown ntiyashatse ko amazina ye amenyekana aganira na n’ikinyamakuru the sun yavuze ko yakubiswe na Chris ku mutwe inshuro zigera kuri eshatu kandi ko ikirego yamaze kukigeza mu maboko ya polisi ndetse n’umwuganize we mu mategeko.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yamuriye iminwa biratinda! Ihere ijisho ikimero n’ubwiza bwa Fantana waciye igikuba muri Tanzania nyuma yo gusomana na Diamond Platinumz – AMAFOTO

Update! Kano kanya i Kigali agakiriro kazwiho gushya uko kiboneye, gafashwe n’inkongi y’umuriro karashya (VIDEWO)