in

Yamen Zelfani yamenyesheje abakinnyi 3 ngenderwaho ko batari bugaragare ku mukino wa gishuti mpuzamahanga ikipe ya Rayon Sports irakina uyu munsi

Yamen Zelfani yamenyesheje abakinnyi 3 ngenderwaho ko batari bugaragare ku mukino wa gishuti mpuzamahanga ikipe ya Rayon Sports irakina uyu munsi

Kuri uyu wa Kabiri ikipe ya Rayon Sports irakina umukino wa gishuti n’ikipe ya Al-Merriekh yo mu gihugu cya Sudan imaze iminsi ikorera imyitozo hano mu Rwanda.

Umutoza wa Rayon Sports YAMEN ZELFANI nyuma yo gutsinda APR FC agasabwa umukino wa gishuti n’ikipe ya Al-Merriekh yahise awemera kugirango akomeza amenyereze abakinnyi yaba abakinnye ndetse n’abatarakinnye.

YEGOB twamenye ko uyu mutoza wa Rayon Sports yabwiye abakinnyi barimo Joachiam Ojera, Youseff Rharb ndetse hakiyongeraho Hertier Luvumbu Nzinga nubwo ngo abona ataragira imbaraga nyinshi z’umubiri ariko nawe ashobora kudakina Ndekwe Flex akabona umwanya.

Abakinnyi uyu mutoza ashobora gukoresha

Mu izamu: Hakizimana Adolphe

Ba myugariro: Rwatubyaye Abdul, Mitima Issac, Mucyo Didier junior, Ganijuru Ellie

Abo hagati: Rafael Osaluwe Olise, Ndekwe Flex, Kalisa Rashid

Ba rutahizamu: Iraguha Hadji, Charles Bbaale, Mvuyekure Emmanuel Mannou

Uyu mukino urabera kuri sitade ya Rayon sports ikoreraho imyitozo Nzove Complex Stadium, uraza gutangira ku isaha ya saa cyenda z’amanwa.

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ubu koko urabona Nyambo akeneye imbaraga z’abagabo! Miss Nyambo Jesca yagizwe nk’urubuga baganiriraho kubera amafoto yambaye agatambaro gato ku mweru gahishe kumwanya yibanga yakinzeho akaboko amatako yose ari hanze -AMAFOTO

“Ndacyari isugi” umukecuru witwa Mukarukaka w’imyaka 80 ahamya neza adashidikanya ko ari isugi kandi yarabanyeho n’umugabo