in

Yaguye mu kantu nyuma yo kwakira impano y’ikariso, ibyabaye k’umuhungu ni ibitangaza.

Umugore nyuma yo gushyikirizwa ipano ye yari yohererejwe n’umukunzi we, mu by’ukuri yari yishimye cyane mbese nyine nk’umuntu wakiriye impano yçumukunzi we.

Mu gihe yayifunguraga yaguye mu kantu nyuma yo gusanga ari impano y’ikariso y’umutuku iri kumwe n’ururabo.

 

Uyu mugore utangaje Elle Mills yasanze ari ikariso ikoze mu budodo ifite igishushanyi cy’umutima imbere ndetse n’ururabo rw’urukorano yari yaherewe hamwe n’impano y’agatangaza.

Elle Mills ukomoka muri Wales akaba yatangaje ko murumuna we Kacy yahise atangira gukina n’ikariso kuburyo yahise ayikuramo urudodo ryari ruyigize.

Yatangaje ko yatunguye bikomeye n’uburyo yakiriye impano y’ikariso Kaho ntazo afite.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yabyinishije ikibuno cye kandi anikoreye icupa ku mutwe bitungura benshi (Videwo)

Ngibi ibintu abakobwa bakorera abahungu bakabyanga urunuka