in

Yagiye gucirira rya tungo! Umwe mu nkumi zigize ‘Kigali Boss Babes’ yagaragaye ari kumwe n’itungo rye – AMAFOTO

Christella uri mu bagize itsinda ry’abakobwa 6 batunze agatubutse bagize itsinda rya ‘Kigali Boss Babes’, rikomeje kugarukwaho ku mbuga nkoranyambaga, yagaragaye ari kumwe n’itungo rye.

Uyu Christella yashyize hanze ifoto ari kumwe n’imbwa ye bigaragara ko ayishimiye, uyu nawe abarizwa mu baherwekazi bagize itsinda rya Kigali Boss Babes, aho bafite intego yo gukora ikiganiro kizagaruka ku buzima bwa buri umwe mu bagize iri tsinda uko ari 6.

AMAFOTO

Christella uri mu bagize itsinda rya Kigali Boss Babes ari kumwe n’imbwa ye

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yabuze uko yifata! Nick Dimpoz wamamaye muri filime City Maid yatunguwe n’ibyo bamukoreye ku isabukuru ye y’amavuko – VIDEWO

Umutoma W’umunsi: ku wa 12 Gicurasi 2023 – Amagambo Meza Wabwira Umukunzi