in

Umutoma W’umunsi: ku wa 12 Gicurasi 2023 – Amagambo Meza Wabwira Umukunzi

Sinkubwiye ngo usa na bike,

Ntacyo ndabona muhwanye.

Mu byiza byose urabanza,

Ahari inzu uba uri ikibanza.

Uri umusingi w’ibyishimo,

Ni wowe mahoro antuyemo.

Aho utari sinzigera mpaba,

Aho uri sindigera mpava,

Uru rukundo ntaho ruzajya,

Nguma iruhande ntapfa.

Written by Mizero Lambert

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787868796

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
rongin
rongin
11 months ago

Aya magambo araryoshye ariko kuyasonera hamwe ntibikunda kuko miramamaza cyane

Yagiye gucirira rya tungo! Umwe mu nkumi zigize ‘Kigali Boss Babes’ yagaragaye ari kumwe n’itungo rye – AMAFOTO

Uyu niwe wabyaye umuherwekazi! Zari Boss Lady yajyanye umugabo we kwa se maze bajya mu murima kwihigira ibyo kurya (AMAFOTO)