in

Yabikoze atitaye ko hari benshi bamufitiye irari! Mu gakanzu kagufi Miss Nyambo acunze itako rye riri kugaragara neza uko ryakabaye maze abona ntiyarara ataryeretse abanyarwanda maze abishwe n’irari bahita bigaragaza -AMAFOTO

Umukinnyikazi wa filime z’uruhererekane hano mu Rwanda uzwi kw’izina rya Miss Nyambo Jesca akomeje kwerekana ko ubwiza bwe atabutoraguye.

Abinyujije kurukuta rwe rwa Instagram yashyizeho amafoto yambaye ikanzu igaragaza itako rye maze abantu batangira kumugira ikiganiro.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Erega ushatse mwatubyarira akandi kana”! Mbabazi Shadia wamamaye nka Shaddyboo nyuma yo kwita izina ritangaje papa w’abana be babiri ku isabukuru ye yasabwe ikintu gikomeye -AMAFOTO

Umunyamakuru ukora kuri televiziyo irebwa n’abantu benshi camera zamufashe agiye gusoma amakuru yazamuye urutoki rwa musumbazose rusanzwe rusobanuye igitutsi -Videwo