in

“Erega ushatse mwatubyarira akandi kana”! Mbabazi Shadia wamamaye nka Shaddyboo nyuma yo kwita izina ritangaje papa w’abana be babiri ku isabukuru ye yasabwe ikintu gikomeye -AMAFOTO

Umunyarwandakazi Mbabazi Shadia wamamaye nka Shaddyboo ku mbuga nkoranyambaga zidandukanye yihariye urukuta rwa X.

Uyu munyarwandakazi ubwo ya positingaga ifoto ya Messy Saleh babyaranye abana babiri akarenzaho ijambo ngo “Isabukuru nziza kazehe” byahise bituma asabwa n’umukunzi we ko bakongera bakabyarana .

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Byari ibyishimo bidasanzwe ubwo Bad Rama yahuraga n’umuvandimwe bari baraburanye mu myaka 30 ishize – AMASHUSHO

Yabikoze atitaye ko hari benshi bamufitiye irari! Mu gakanzu kagufi Miss Nyambo acunze itako rye riri kugaragara neza uko ryakabaye maze abona ntiyarara ataryeretse abanyarwanda maze abishwe n’irari bahita bigaragaza -AMAFOTO