in

“Yabikoreye kwiyubahisha”: Lionel Messi yaciye agahigo kadafitwe n’undi mukinnyi mu mateka y’umupira w’amaguru ku Isi maze acecekesha abamugereranya na Cristiano Ronaldo

“Yabikoreye kwiyubahisha”: Lionel Messi yaciye agahigo kadafitwe n’undi mukinnyi mu mateka y’umupira w’amaguru ku Isi maze acecekesha abamugereranya na Cristiano Ronaldo.

Rutahizamu Lionel Messi ukinira ikipe ya Inter Miami akaba kapiteni w’ikipe y’igihugu ya Argentina yaraye aciye agahigo ko kuba umukinnyi wa mbere umaze gutwara ibikombe byinshi mu mateka y’umupira w’amaguru ku Isi.

Ibi Messi yabigezeho nyuma yo gufasha ikipe ya Inter Miami kwegukana igikombe cya Leagues Cup dore ko yahise yuzuza ibikombe 44 amaze kwegukana kuva yatangira gukina ruhago.

Lionel Messi ubwo yacaga aka gahigo yahise ahigika mugenzi we Dani Alves bakinanye muri FC Barcelona kubera ko uyu mugabo we yari yaratwaye ibikombe 43 none Lionel Messi yamaze kumucaho.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Ese niyo jipo iyo uyireka” imyambarire ya Dj Sonia yagaragayemo mu ijoro ryahise ikomeje kuvugisha abatari bake – Amafoto

Burya koko ufite ibyiza arabirata: Umuhanzikazi Sunny yerekanye ibyiza bimutatse atitaye ku magambo y’abantu -AMAFOTO