in

“Wintera icyondo ntacyo uricyo” Papa Cyangwe akomeje kwifatira ku gahanga Kivumbi batavuga rumwe

Bijya gutangira byahereye kuri Twitter aho umwe mu bafana b’umuziki yabajije abantu umuraperi ukunzwe hagati ya Papa Cyangwe na Kivumbi.

 

Icyakora nubwo aba ari bo byarangiye babigize intambara, ntabwo ari bo gusa yari yavuze kuko yanasabaga ko kugereranya B Threy na Bushali, Bull Dogg na Fireman,Ish Kevin na Kenny K-Shot.

Nyuma yo kubona iri gereranya, Kivumbi yavuze ko nubwo atubahutse Papa Cyangwe ariko ntawe ukwiye kubagereranya.

Ati “Sinubahutse Papa Cyangwe ariko rwose murakina cyane!” Ni amagambo yafashwe nko kwishongora kuri uyu muraperi na we byababaje bikomeye.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

KNC yongeye kwishongora kuri Gorilla Fc maze mu burakari bwinshi avuma Fatakumavuta amwita Fatakumuvumo(videwo)

Mimi yatangarije abafana ikintu yakundiye Meddy