in

Wari uziko ushobora gukira ibishishi ‘ibiheri byo mu maso’ mu byumweru bibiri gusa  

Ibishishi cyangwa ibiheri byo mu maso ni kimwe mu bintu bibangamira benshi ariko cyane cyane ab’igitsina gore aho usanga ubifite ashishikajwe no gushaka umuti wabyo, aha rero ni ho usanga bamwe bagirwa inama zitandukanye ku cyo bakora ngo bakire, bityo bikabaviramo uburwayi bukomeye bitewe no kwisiga imiti myinshi icyarimwe.

Uyu munsi wa none dufite inkuru nziza ku bantu bazahajwe n’ibiheri byo mu maso. Bitewe n’uko iki kibazo gifitwe n’abantu batari bacye, hari inzobere mu kuvura bakoresheje ibimera aribo “Ange Saloon Spa and Boutique” batanga igisubizo kirambye ku bafite ikibazo cy’ibiheri cyangwa ibishishi byo mu maso.

Muri Ange Saloon Spa and Boutique, tugufitiye imiti ikomoka ku bimera dukura mu bihugu nk’Ubushinwa, Ubuhinde ndetse na Dubai, iyi miti yose izwiho kuvura ibiheri cyangwa ibishishi byo mu maso mu gihe cy’icyumweru kimwe gusa biba bikize.

Muri Ange Saloon Spa bafite imashini kabuhariwe mu kuvura ibiheri byo mu maso

Ntabwo ari uyu muti gusa kuko tugufitiye n’imiti ivura inkovu zigakira burundu, amabara yo ku ruhu nayo agakira, hari amavuta ya Glycerin uvangira mu mavuta wisiga ubundi ugatandukana n’indwara z’uruhu, hari kandi umuti urwanya ubwoya bwo mu kwaha, ubwanwa, unwo ku maguru, ndetse n’ubukikije igitsina.

Aha muri Ange Saloon Spa bafite imiti ikomoka mu Bushinwa, Ubuhinde na Dubai

Ndetse kandi tukogereza uruhu rugasubirana itoto, tukagira inama abantu ku bijyanye n’intungamirire ku buntu.

Uwifuza kutugana wadusanga mu isoko rya Nyarugenge, mu nyubako ya mbere, ku murongo wa GF 45 na 331 iruhande rwa COPEDU. Ku bindi bisobanuro waduhamagara kuri nimero: 0781904532/ 0784048537, cyangwa ukatwandikira kuri whatsapp :0788 538 135.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yabivuze! Junior Giti uherutse gufungirwa i Burundi yashimiye Imana yamukuye mu buroko atangaza ikintu gikomeye cyari kigiye kuba ku bakunzi be badatuye i Burundi

Amashusho mu mujyi rwagati ahazwi nko ku Iposita abakobwa babiri bafashe uwabahangitse telefone baramuniga benda kumuheza umwuka