in

Amashusho mu mujyi rwagati ahazwi nko ku Iposita abakobwa babiri bafashe uwabahangitse telefone baramuniga benda kumuheza umwuka

Mu mujyi was Kigali mu mujyi rwagati ahazwi nko ku Iposita abakobwa babiri bafashe uwabahangitse telephone baramuniga benda kumuheza umwuka.

Abaturage bari aho hafi bahise batabara gusa ushinjwa kubahangika yahise ashyikirizwa urwego rw’ubugenzacyaha RIB.

Reba video.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Wari uziko ushobora gukira ibishishi ‘ibiheri byo mu maso’ mu byumweru bibiri gusa  

Umuturirwa we yawuboneraga mu kirere kure cyane yiyicariye mu ndege! Alliah Cool yatangajwe n’ibintu yabonye ubwo yari ari mu ndege -Amafoto