in

Wagira ngo nibo bayihanze: Amashusho y’abazungu bagaragaye baririmba indirimbo ya Bruce Melodie na Element akomeje gutangaza benshi bitewe n’uburyo bayiririmbaga nkaho aribo bayikoze -AMASHUSHO

Wagira ngo nibo bayihanze: Amashusho y’abazungu bagaragaye baririmba indirimbo ya Bruce Melodie na Element akomeje gutangaza benshi bitewe n’uburyo bayiririmbaga nkaho aribo bayikoze.

Indirimbo “Fou De Toi” yongeye kuri koza hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye nyuma yaho hagaragaye amashusho y’abazungu bayiririmbaga nkaho aribo bayikoze mbese ubona ko bayitoje bihagije bitewe n’uburyo bayisubiragamo neza cyane kandi badategwa.

“Fou De Toi” yakozwe n’abahanzi batatu aribo Element, Ross Kana ndetse na mwenyewe Bruce Melodie imaze igihe cy’amezi atanu igiye hanze gusa kugeza ubu ntawahwema kuvuga ko iyi ndirimbo ikiri kwisonga muzikuzwe cyane hano mu Rwanda ndetse no ku Isi.

Amashusho y’abazungu bagaragaye baririmba indirimbo”Fou De Toi” nkaho aribo bayikoze akomeje gucaracara ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ntacyo batakoze ngo babone intsinzi: Abasore b’ikipe y’igihugu Amavubi bagaritswe na Tanzania bakomeza urugendo rubaganisha mu mazi abira 

Abaherwekazi bagize itsinda rya ‘Kigali Boss Babes’ bamaze gufata rutemikirere yerekeza muri Nigeria aho bagiye kumurika umushinga wabo