in

Wa mwana watoraguye igikapu cya ba mukerarugendo hamenyekanye ikintu gikomeye agiye gukorerwa we n’umuryango we 

Wa mwana watoraguye igikapu cya ba mukerarugendo hamenyekanye ikintu gikomeye agiye gukorerwa we n’umuryango we.

Binyuze mu rubyiruko, rugiye gufatanya n’Akarere ka Rutsiro kubakira inzu y’ishimwe umuryango w’umwana uherutse gutora igikapu akagisubiza ba mukerarugendo.

Mu kwezi gushize kwa kabiri ni bwo ku mbuga nkoranyambaga hagaragaye inkuru yakoze benshi ku mutima, ni iy’umwana w’imyaka 11 witwa Izibyose Eric wo mu murenge wa Kigeyo mu Karere ka Rutsiro, watoye igikapu cyari cyatawe na ba mukerarugendo, akijyana kuri Polisi na yo igisubiza ba nyiracyo.

Umubyeyi w’uyu mwana, Sinaribonye Anastase, nyuma yo kumva ko bagiye kubakirwa inzu nziza bakava mu manegeka, yavuze ko bimushimishije ndetse ashimira n’umwana we utumye bagira iri shema.

We n’umuryango we bari kumwe n’urubyiruko.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Burya ahari ubwenge n’ubwiza burizana! Amanota ya Miss Uganda yagize mu kizami cya Leta, yatumye abatari bake batangira gutinya uyu mukobwa w’uburanga

Gute mufata umunwa murisha mukawurisha agapipi? Abakoresha imbuga nkoranyambaga bikomye abakoresha iminwa mu busambanyi